<<@Sky-1506 says : Umuti wa mahane ari muri social Media nu 1 rukumbi ..., mwihanize abantu bose baba muri Social Media batunze Channels za Youtube baba abari Rwanda nabari imahanga. Dr Murangira kuba yarabogye akibasira YAGO kandi abaturage bazi neza ko YAGO yahohotewe na gatsiko ka bagenzi be benshi kuva kera ntavugirwe byatumye abanga akarengane bose bisanga muri Big Energy ndetse majye niko byamjyendekeye kuko nababajwe nuko Victime YAGO ariwe RIB yibasiye aho nibuze yakabaye yihaniza bose hamwe kandi Proof izifite izizi neza ko Yago yahohotewe Ntarirarenga mutumize bose mubicaze mubahane muti musigeho urebe ko budacya byatuje sinon muzisanga arimwe HE KAGAME abonye mo ubuswa abahane iba mwananiwe guhosha utuntu nkutu ubwo haje Saga ihambaye se byamera bite 🤷🏽‍♂️🤷🏽‍♂️🤷🏽‍♂️ Jye mbona mubicyemura nabi kabisa.>> <<@KayinamuraKabareNsolo says : Dr. urimo kwivuguruza gutukana ntibijyanye numuco ikindi kubyo kurera abana bato RIB yakurikiranywa niyo batarega kunyungu zuburezi bwabana bacu naho ibindi murimo kwirengangiza>> <<@KayinamuraKabareNsolo says : ariko ibi bintu icyo numvise ni kimwe RIB nibyinjiremo hatagize urega bibe ibyaha bibangamiye ituze rusange iri tegeko rihinduke niba koko bashaka kugira ibyo barwanya itegeko rijye munteko rivugururwe kuko hari utukwa agatinya kurega kuko atinya more attacks from social media ibyo ngobyo Dr. avuga ngo agatwiko hari igihe biba atari agatwiko gusa harimo na attacks ikindi namusaba nagane muri sports ibi bya social media nabyo birimo ibibazo kubantu babarizwa muri sports nta difference nibi bya social media zaciye ibintu muri Kigali>> <<@KayinamuraKabareNsolo says : afande ibi bintu byatangiranye na Kasuku iyo akomwa mu nkokora nabandi bari kugenda gake>> <<@humura11c96 says : Bimaze gukabya IBI bintu .Kandi Byose ni umurengwe ubitera 😢 Bimaze gutera intera mbi cyanee .RIB Nayo byarayirengeye ,Abamtu bigize ibihararumbo , ntabupfura & umuco waracitse & Ubumuntu ntabwo .nbese twabiburiye izina . Hari abazikoresha Nabi peeee .Kibera umurengwe .mbese haracyari Akazi gakomeye ,>> <<@Numberonetv2121 says : Poor country>> <<@nsengimanaalexandre130 says : Ahubwo mbona abavugira amabanga yabo kuri social media bashobora kugira inkurikizi mbi mugihe kirambye.Birenga umuntu umwe bikaba byafata umuryango mugari w'abantu.>>
VideoPro
>>