ariko ibi bintu icyo numvise ni kimwe RIB nibyinjiremo hatagize urega bibe ibyaha bibangamiye ituze rusange iri tegeko rihinduke niba koko bashaka kugira ibyo barwanya itegeko rijye munteko rivugururwe kuko hari utukwa agatinya kurega kuko atinya more attacks from social media ibyo ngobyo Dr. avuga ngo agatwiko hari igihe biba atari agatwiko gusa harimo na attacks ikindi namusaba nagane muri sports ibi bya social media nabyo birimo ibibazo kubantu babarizwa muri sports nta difference nibi bya social media zaciye ibintu muri Kigali
@KayinamuraKabareNsolo Says:
afande ibi bintu byatangiranye na Kasuku iyo akomwa mu nkokora nabandi bari kugenda gake
@humura11c96 Says:
Bimaze gukabya IBI bintu .Kandi Byose ni umurengwe ubitera 😢
Bimaze gutera intera mbi cyanee .RIB Nayo byarayirengeye ,Abamtu bigize ibihararumbo , ntabupfura & umuco waracitse & Ubumuntu ntabwo .nbese twabiburiye izina .
Hari abazikoresha Nabi peeee .Kibera umurengwe .mbese haracyari Akazi gakomeye ,
@Numberonetv2121 Says:
Poor country
@nsengimanaalexandre130 Says:
Ahubwo mbona abavugira amabanga yabo kuri social media bashobora kugira inkurikizi mbi mugihe kirambye.Birenga umuntu umwe bikaba byafata umuryango mugari w'abantu.
LATEST COMMENTS