Cyakora kubijyanye nagereza ho uri kuvuga ukuri njyewe mbona gereza Ari bisines kuko mfite umuntu ufungiye icyaha bigaragara ko atashobora kugikora.Imana ihe umugisha abamurenganyije.
Ingamba zawe ndabona ari nziza da nuko ibyo uvuga bidashoboka
@ildephonsebigirimana2251 Says:
Imisoro nidatangwa se igihugu ntazagihirika ra?
@user-yi7ih1gq4v Says:
Iyabahabaho visi perezida wamubape
@loves_all_races Says:
Umukozi wa leta uhebwa Frw 100,000 cyanga na 200,000 yakwishyura ate umukozi wo murugo 50,000 cyanga aziko bose bahebwa nkaba deputy. This man is a joke.
LATEST COMMENTS